Rukundo avuka mu karere ka Nyanza mu murenge wa Ntyazo mu majyepfu y’u Rwanda.
Mu buto bwe yarwaye uburwayi butandukanye burimo kurogwa. Ati:’’Mfite imyaka 7 barandoze bakajya banduka ku manywa na nijoro’’.
Reba ikiganiro wumve ukuntu yapfuye akazuka
