Umuyobozi wa FIFA arifuzako Israel yakira igikombe cy’isi

Umuyobozi wa FIFA arifuzako Israel yakira igikombe cy’isi

 Oct 14, 2021 - 17:00

Igikombe cy’isi ni irushanwa riba nyuma y’imyaka ine rikaba rikunze kwiharirwa n'ibihugu by'iburayi na Amerika y’amajyepfo.

Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru ku isi FIFA, Gianni Infantino yatangajeko yifuza ko igihugu cya Israel cyazakira igikombe cy’isi muri 2030 , nkuko byari byatangajwe na minisitiri w’intebe w’iki gihugu cya Israel Naftali Bennett.

Iki gihugu cya Israel bwaba aribwo bwa mbere cyakiriye iri rushanwa ry’umupira w’amaguru rikunzwe kurusha ayandi ry’igikombe cy’isi.