Umwanditsi: Kubwayezu Thierry
Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly yatabarutse ku itariki 2 Nzeri 2021. Uru rupfu rwashenguye benshi mu bamukunze by’umwihariko abakunze itsinda rya Tough Gangs na Hip Hop yigaruriye igikundiro mu Rwanda ibikesha uwo muraperi wafatwaga nk’umwami w’iyo njyana.
Ibigwi n'amateka ya Jay Polly kuva mu 1988 kugeza mu 2021
Yagize icyo yibariza urwego rushinzwe abagororwa (RCS), icyo rwaba rukora ku bagororwa mu rwego rwo kubaganiriza bitewe n’ibibazo bafite. Yanditse ati:” Ariko ubundi ni ubuhe buryo RCS ikoresha mu kwita kuri mental health y'abagororwa ? please tag people in charge." nyuma yo kubaza iki kibazo akaba yahise asaba ko nibura ababishinzwe bagira icyo bamusubiza kuri iki kibazo.
View this post on Instagram
