Kuri uyu munsi taliki 30 Mata kuri Serena Hotel nibwo hagiye kumenyekanira abakobwa 17 bagiye gutoranwa n’akanama nkemurampaka ndetse na batatu bakomeje hashingiwe ku batowe cyane.
Kuri uyu wa gatandatu nibwo ibirori byo gutangaza abasore 18 bajya mu mwiherero bigiye kuba aho ibi birori biri bucurangwemo n’aba Djs ndetse n’abahanzi batandukanye barimo itsinda riririmba gakondo rizwi nka ‘Ibihame by’Imana, DJ Iraa n’abandi.
Kuri ubu abasore batatu nibo bagiye gukomeza bidasabye akana nkemurampaka ahubwo kubera gutorwa cyane.
Dushingiye ku masaha twakoreyeho iyi nkuru, dore uko batatu ba mbere bahagaze.
CYUSA MUHUNDE Yannick ufite nimero 7 niwe uyiboye abandi aho afite amajwi
NGABO Jules Maurice ufite nimero 50 niwe wa kabiri aho afite amajwi
NYIRIHIRWE HARTMAN Kelly ufite nimero 60 niwe wa gatatu aho afite amajwi
Umuhanzi Junior wo muri Juda Muzik ufite nimero 28 wahoze ari muri batatu ba mbere yamaze kuvamo kuko ubu ni uwa kane aho afite amajwi
Abasore 20 bakomeza mu mwiherero baraza kumenyekana iri joro.
View this post on Instagram
