Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo kubengwa yabonye umusore yishumbusha-Amafoto
Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo kubengwa yabonye umusore yishumbusha-Amafoto
Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo kubengwa yabonye umusore yishumbusha-Amafoto
Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo kubengwa yabonye umusore yishumbusha-Amafoto
Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo kubengwa yabonye umusore yishumbusha-Amafoto

Miss Mwiseneza Josiane nyuma yo kubengwa yabonye umusore yishumbusha-Amafoto

 Jul 10, 2021 - 06:03

Ku itariki 14 Kanama 2020 Mwiseneza Josiane yatunguwe n’umusore wateguye ibirori bibereye ijisho amuterera ivi amwambika impeta yamuteguzaga ko bazabana. Bamaze igihe kituzuye umwaka bari kurya iraha. 

Mwiseneza Josiane wabaye Nyampinga watowe na benshi mu irushanwa rya Miss Rwanda muri 2019, yambitswe impeta na Tuyishime Christian bitegura kurushinga (fiancaille), bica amarenga ko aba bombi bashobora kuba bagiye kurushinga mu minsi ya vuba.

Azack na Mwiseneza ntibameranye neza nubwo nta gihe gishize atangaje ko bakundana

Azack wigeze kuba umujyanama wa hafi wa Josiane ni we kuri ubu wigaruriye umutimwa wa Miss Mwiseneza Josiane.

Mu mezi make ashize Thechoicelive yigeze kuganira n’uwahoze ari mu rukundo na Mwiseneza ariko yasubije ko urukundo ari urwa babiri ku buryo nta gitotsi cyarimo. Ati:’’Igihe nikegera muzabona dukoze ubukwe’’.

Uru rukundo narwo ruraca amarenga yo kutaramba

Azack na Mwiseneza Josiane

Azack avuga ko amaze iminsi ahamagara kuri telefoni Mwiseneza Josiane ndetse ntibaheruka no guhura imbonenkubone. Ati:’’Ndamwandikira ntansubize yagiye kure y’ibyo natekerezaga ubwo rero byanze bikunze hari undi mukunzi ushobora kuba ari kuruzamo’’. Uyu bivugwa ko ari umukunzi wa Josiane hashize ukwezi kose nta makuru ye azi. Azack ati:’’ukwezi kwa gatanu kose ntiyanyitabye kandi ntiyanamvugishije’’.