Umuhanzi wou gihugu cya Tanzania, yavuze ko nkagaruka muri Tanzania, azarongora kuko abona imyaka irimo kumusiga.
Mbosso aganira n’itangazamakuru iwabo muri Tanzania, yumvise ni bwo yavuze ko abona kurongora bitangiye kumusatira, bityo akaba agomba gushyingirwa vuba, cyane ngo ko kugeza ubu na nyina akomeje kumushyiraho igitutu, ari byo ngo bizatuma arongora akigaruka muri Tanzania.
Kuri ubu uyu muhanzi ari muri Canada muri gahunda z’umuziki, ndetse no mu ijoro ryakeye yakoreye igitaramo ahitwa National Event Venue.
