T.I n'umugore we barokotse ikirego bari bamaranye imyaka itatu

T.I n'umugore we barokotse ikirego bari bamaranye imyaka itatu

 Aug 10, 2024 - 17:17

Nyuma y’uko muri 2021 umuraperi T.I n’umugore we Tiny Harris bashinjwe kugira uruhare mu ihohoterwa rishingiye ku gitsina bakize mu 2005, amakuru mashya aravuga ko icyo kirego bagihanaguweho.

Umuraperi T.I n’umugore we Tinny Harris Bamaze guhanagurwaho icyaha cyo gusambanya ku gahato umugore utavuzwe izina, icyaha bashinjwaga kuba barakoze mu 2005.

Amakuru mashya avuga ko uru rubanza rwasibwe n’urukiko rwa California, icyakora rukaba rushonora kuburw isaha n’isaha mu gihe kizaza.

Nkuko byavuzwe kuva mbere, uyu mugore mu byo mu kirego cye yasobanuye neza ko yahuye na T.I n’umugore we Tinny mu 2005 i Los Angeles mu kabyiniro, aho yaje gusindishwa no gukoresha imibonano mpuzabitsina n’abo bombi