Umuraperi T.I n’umugore we Tinny Harris Bamaze guhanagurwaho icyaha cyo gusambanya ku gahato umugore utavuzwe izina, icyaha bashinjwaga kuba barakoze mu 2005.
Amakuru mashya avuga ko uru rubanza rwasibwe n’urukiko rwa California, icyakora rukaba rushonora kuburw isaha n’isaha mu gihe kizaza.
Nkuko byavuzwe kuva mbere, uyu mugore mu byo mu kirego cye yasobanuye neza ko yahuye na T.I n’umugore we Tinny mu 2005 i Los Angeles mu kabyiniro, aho yaje gusindishwa no gukoresha imibonano mpuzabitsina n’abo bombi
