Donald Trump yemeye kwitabira ibiganiro mpaka byateguwe na Fox News ku ya 4 Nzeri, bizaba byitabiriwe n’abantu batandukanye, ariko Kamala Harris we yabitewe.
Trump yitabiriye ibiganiro mpaka ku binyamakuru bitandukanye, birimo CNN na ABC, ndetse no ni na byo byatumye Harris yanga kujya impaka na we kuri Fox News mu buryo buri live.
Icyakora, Trump we si uko abubona kuko, yashinje Harris gukwepa ibiganiro mpaka bugamije guhatana ibibazo bijyanye na politiki ye ndetse n’ibigwi, anamushija guhitamo ibitangazamakuru bitazamuhata ibibazo kuri politiki ye ndetse n’ibyo yakoze nka Visi Perezida.
