Imuhanzi wo mu gihugu cya Tanzania, yagize icyo avuga ku rukundo hagati y’umuhanzi mugenzi we banana muri Wasafi, Zuchu, na shebuja Diamond Platnumz, avuga ko uyu mukobwa wa Khadija Kopa abona arimo gutakaza igihe.
Ibi yabivuze nyuma yuko Diamond Platnumz na Zuchu biyemeje gushyira urukundo rwabo ku mugaragaro, nyamara bamwe bakaba batabikozwa, barimo n’umuhanzikazi akaba na nyina, Khadija Kopa.
Baba Levo avuga ko we atitaye ku byo abantu bavuga, abaye Zuchu yaba amaze kubyarira Diamond Platnumz abana batatu cyangwa bane, aho gukomeza ata umwanya mu rukundo rutarimo umusaruro.
